Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umusore n’inkumi bihaye akabyizi muri parikingi y’imodoka.
Ubwo byari mu masaha y’ijoro uyu musore n’inkumi bataramenyekana bagiye muri parikingi y’imodoka aho bakekaga ko abantu batababona, ubundi bajya imbere y’imodoka, umukobwa arunama afata ku modoka, umusore nawe amujya inyuma ubundi biha akabyizi kajurano.
Gusa uko bacyekaga ko ntawubareba siko byagenze kuko hari ababateye imboni abafata amashusho bayakwiza ku mbuga nkoranyambaga.
Ubusanzwe ibi bakoze ni icyaha gihanwa n’amategeko ariko amashusho ntiyabashije kubagaragaraza neza ngo bamenyekane kuko bwari bwije.
Ibi si ubwambere bibaye mu mujyi wa Kigali kuko no mu myaka yashize hari abigize kubikorera mu muhanda hagati abantu babareba, abo bari umukarani ndetse n’undi ukora umwuga w’uburaya, bo icyo gihe babikoze bashetewe amafaranga. Reba AMASHUSHO.
Yamuhaga akinyuma! I Kigali umusore n’inkumi bagiye muri parikingi y’imodoka bikinga ku modoka batera akabariro.