Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umukobwa wateze moto I Kigali ariko yibagirwa ko yambaye umwenda utamwemerera guteka moto, umwenda utaratse cyane kugeza naho wamwambitse ubusa ku karubanda.
Gusa abakomeje kureba aya mashusho bavuga ko uyu mukobwa yabikoze abishaka kuko yari abizi neza ibyo ari gukora ndetse wabonaga anikoraho nk’ubizi neza ko yambaye ubusa.
Gusa bamwe bavuga ko uyu mukobwa yaba yari yasinze bigatuma yicara kuri moto akicaza ikibuno gusa ndetse akagenda yereka abinyuma.
Ibi si ubwambere bibaye mu mihanda ya Kigali kuko bikunze kugaragara cyane, ndetse usanga aya mashusho akenshi afatwa n’abantu baba batwaye imodoka z’inyuma cyangwa bari kuri moto z’inyuma. Reba video.
Abagenda Kigali babona byinshi koko! – Amashusho y’umukobwa wuriye moto akibagirwa umwenda yambaye akomeje Kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga.