Ad
Ad
Ad
Ad
Ad
Ad
Ad
Ad

Camera ziba ziteguye kubafata! Ibyo umupolisi wo mu muhanda yakoreye umushoferi imodoka yari ikwamiyeho byagaragaje uko bakora – VIDEWO

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho yakoze ku mitima ya benshi, ndetse benshi bishimira igikorwa umupolisi wo mu muhanda yakoreye umushoferi wari utwaye imodoka ikamukwamiraho.

Ubwo byari mu masaha ya nimugoroba kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025, mu muhanda w’ahazwi nko ku gisimenti nibwo imodoka y’ivatiri yo mu bwoko bwa Toyota yabaye nk’ikwamira mu muhanda hagati, kugirango ihave ibifashwamo n’umupolisi wo mu muhanda.

Ubwo uyu mupolisi yabonaga ko imodoka ikwamye mo, yahise abona ko uwo mushoferi akeneye ubufasha bituma aza yihuta aza gusunika kugirango igende ndetse it Ange inzira ku bandi.

Nyuma yuko aya mashusho akwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, abantu benshi bakomeza kwishimira serivise nziza uyu mupolisi yahaye uwo mutwazi. REBA AMASHUSHO

 

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top