Ume mu basore, utifuje gutangaza izina rye yandikiye Radio ya Kiss Fm ayibaza icyo yakora nyuma yo gukorerwa ibisa n’ubuhemu n’umukobwa bakundana none akaba yaheze mu gihirahiro k’icyo yakora.
Uyu musore yandikiye Kiss Fm agira ati “Mu buzima nagize igikomere nkomora k’urukundo. Nakunze umukobwa wigaga muri kaminuza mu ntara duhujwe n’inshuti dore ko passe zizarikora twarakundanye amezi 3 ya mbere ibintu byari bimeze neza gusa nyuma yayo mezi twatangiye kujya dushwana dupfuye utuntu duto tukongera kwiyunga.
Rero yaje gukora defense arantumira nditabira gusa iyo minsi narindi mu bukene nawe yarabizi ndihangana njyayo mpagirira ibyago nta cash narimfte mbura ticket yo kungarura kigali ndabimubwira musaba ko narara aranga ngo wapi ndamureka kuko yarambwiye ko bitakunda.
Wibaze uyu wanze ko ndara niwe nafashije kuva kuri buri cyose ariko we yanze kumfasha ijoro rimwe bimbana ibyago. Nabuze nuwampa ticket bivamo guterwa ibyuma n’ibisambo naje kugarura ubwenge ndi mu bitaro maramo ibyumweru bibiri byose muri coma gusa ntabwo ibindi byabaye nyuma nigeze mbimubwira none nkore iki ko numva nkimurakariye kuko mushinja ibyambayeho byose. Mungire inama“.
Bamwe mu bantu bagiye bamugira inama
A. Rwose wanshatse amfrnga ibyinkundo ukaba ucyibyihoreye urumva umuntu wumusore ubura ticket ukabura nzabajyama bakudepana ngo bayaguye koko ikibazo ufite aricyo urukundo cg nugushaka ubuzima banza umenye icyo ukeneye mbere yibindi byose pe.
B. Ikibazo gifite wowe Si we umuntu muzima ufite umutwe arikora akajya ahantu nta ticket afite wumvaga uzagaruka aguhetse se, Ahubwo se wararaga iwe waramukoye Nu mugore wawe kuba girlfriend wawe biguha uburenganzira bwo kurara muri ghetto ye Ese niba abana nabandi Wari kurara hehe Banza ukure Kuko uracyari igihone Niko nakubwira.
C.Njewe inama nakugira nugukomezanya nawe kuko nawe wanze kugucumbikira kubwizimpamvu zikurikira yacyekagako arumutego wamuteze kuragera munzu ntutahe, ikindi kandi ntabwo yaraziko bagutangira.
D. Arko abakobwa baragowe koko nkubwo woe wahagurukaga wumvako uribugarurwe niki?
E. Ikibazo gihari niki kuberiki mbere yoguhaguruka ajya mubirori atigeze amumenyesha yuko ntakicket imugarura afite icyokibazo abantu bakunda kukigira ukikora ukajya ahantu uziko ntamafaranga akugarura ufite igihe cyogutaha ugatangira guhangayika byiza ubivuga mbere baba abagufasha bakagufasha cg ukabyihorera.
F. Umva sha pole sana kbs. Rekena niyonkumi uretse nokurara munzu imwe yakagobye nokugushakira Aho urara kubaturanyi ariko ntutahe nijoro. Ndumva atarigeze yi gishwa ubyumusamariya kazi.
G. Mwaramutse. icya mbere nagusaba ntuhite umwegekaho ibyo byose, kuko hari igihe bamwe mubakobwa bitaborohera gutanga amafaranga cyane cyane bayaha umuhungu niyo baba bakundana, nawe akaba ataragufashije acyeka ko bidakomeye uri bwwiyeranje ukabona ticket ikugarura(mbese birashoboka ko nawe atarazi ko byagera aho). wowe icyo wakora muzaganire wumve koko niba kutayaguha byari ibintu bisanzwe cg yarabikoze kandi akomeje n’ubutaha yayakwima mbese umenye koko niba ariko ateye . hanyuma ubone gufata umwanzuro wawe .
H. Wicika intege komeza umurakarire kugeza ubonye envtation yubukwebwe nkawe Koko washatse amafr ibyinkundo ukaba ubihariye banyirabyo wabonye amagufa ubura imbwa ziyarya.
I. Yewe abakobwa niko twabaye dukunda abadufasha ariko twebwe bamwe muritwe hari abumva tutafasha abandi ubwonimba waramufashije buricyimwe we nagufashe rekananawe abanze yitecyerezeho kuko ibyisi nigatebegatocyi ishacyire ibiceri umureke kuko abakobwa niko twabaye pe
.
J. Morning Rusine ft Pendo, numukunzi wanyu j claude Irambona ,burundi turabakurikiye cyaaane, uwo musore niba yarakize natahe yihangane nawenyen ari mumakosha kuko ntakurara iwabo wumukobw nkuko umenga baramaze gushakana, kndi kirazira yuko umuntu afata urugendo ata mahera afite, kuyasaba umukobwa sivyiza nagato kuko agasuzuguro kava ngaho nyne. Murakoze cyane Ndabemera Rusina na pendo.
K. Ubwo c uwo n’umukobwa nyabaki
umukobwa utanatekereza ko urimo kumugerageza ngo urebe uko yitwara !!rekana nuwo kuko yakweretse uwo ariwe
.
L. Wewe watanguye ivyinkundo ariko utavyiyumviriyeho neza,ahubwo novuga ko wewe uraba ubwiza bw’umubiri,ntiwigeze uraba ikiri kumutima,kandi wamukunze kuko afise amashure menshi nawe utize ayakwiye, Ahubwo rekana nivyurukundo,ubanze Wige urukundo icarico.
M.Kurara iwe byo ndumva bitari gukunda ariko basi yari kumufasha akabona uko agenda ndavuga iyo aza kuba afite ubumuntuNanone nkibaza umusore ushaka gutereta ubura ni 10k mumufuka nkumva birancanze kbs ubuse kokoAhh ukanatinyuka ugafata urugendo kweliMugira kwizera kbsUbundi se iyo uhita ukoresha iyindi kabiri.N. Nfatiye kukuntu yanse ko urara iwabo ukarinda ugirivyovyago kubera we mwihoze ntanagukunda nagatoya icambere urukundo gwihanganira vyose ntabwo wari bank gukena bibaho muve inyuma kandi wiruke utaravye inyuma.O.Mwaramutse neza Anitha na RusineUwo musore niturize agerageze amwikuremo Koko nubundi ntibazasubirana rero azabona undi kd ufite urukundo kd afite numutima wo kubakaNiyihangane pe kuko siwe bibayeho bwambere cg nyuma hari nabandi byabayeho ariko barabyakiriye.