Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umugabo wafashe umugore we ari kumuca inyuma n’undi musore, mu nzu ye no mu cyumba cye.
Ubwo uyu mugabo yari ari mu kazi, inshuti ye yamuhaye amakuru ko hari agasore kaje gusura Umugore we, maze nawe ataha kibuno mpamaguru, ageze mu nzu ye agenda yomboka abagwaho mu cyumba bari mu gikorwa.
Ubwo uyu mugabo yabafataga, mu mujinya mwinji, mu ijwi ryuzuye agahinda, yagize ati “mbyuka injya gushaka amafaranga aka gasore k’amafuti kakaza kugusambanya”.
Gusa uyu mugabo kimwe mu bikorwa yakoze bitashimwe n’abantu benshi n’uko yabashe amashusho akayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Reba AMASHUSHO.
I Kigali umugabo yinjiye mu cyumba cye asanga umugore we ari kurongorwa n’agasore, ahita abafata videwo ayisakaza ku mbuga nkoranyambaga.