Nyuma yo kwicara bakagambanira u Rwanda, abakozi ba UN bari muri Congo bafashwe Videwo bari gusambanira mu modoka – Reba VIDEWO yose

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’urukozasoni yerekana abakozi ba UN bivugwa ko bari mu burengerazuba bwa Congo bari gukorera ibiteye isoni mu modoka ya UN.

Ni amashusho yafashwe n’umwe mu baturage wari uri mu nzu y’igorofa yegereye umuhanda ubwo imodoka ya UN yacagaho irimo aba bantu bari kunoza ibyabo ariko igasa nkihagarara.

Ni amashusho yahise asakazwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amakuru yakomeje gushinja UN ko ari kimwe mu bibazo byugarije abo mu Burasirazuba bwa DRC bitewe n’uko isa nkitaraje kugarura amahoro ahubwo ko yaba yaraje kwicukurira amabuye y’agaciro.

Ibi kandi benshi mu banyarwanda bakomeza kubintenga biba uburyo UN yirirwa igambanira u Rwanda ariyo nanone yakwirirwa yiyandarika mu mihanda, dore ko hadaciyeho n’iminsi myinshi isohoye raporo ishinja ingabo za RDF kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe mu Burasirazuba bwa DRC. Reba AMASHUSHO.

Nyuma yo kwicara bakagambanira u Rwanda, abakozi ba UN bari muri Congo bafashwe Videwo bari gusambanira mu modoka.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top