Amashusho y’urukozasoni y’umupasiteri wasambanyije umukobwa mu rusengero akomeje Kurikoroza – VIDEWO

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho yavugishije abatari bake, ni amashusho y’umu Pastor wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi atari kuvugwaho rumwe bitewe n’ibyo yakoreye umukobwa wari waje gusengera mu rusengero rwe.

Ubwo bari mu materaniro, uyu mu Pastor yasabye ko haramutse hari umuntu urwaye kanseri y’ibere cyangwa ucyeka ko yenda kuyirwara, yaza imbere bakamusengera ikamushiramo burundu.

Uyu mukobwa yafashe iya mbere mu kuza imbere, Ahageze Pastor yafashe umwanzuro wo kumunyunyuzamo kanseri y’ibere akayimaramo, ari nabwo yahise amukuzamo imyenda ubundi agatangira kumwonka, ibi nibyo benshi bafashe nko gusambanira imbere y’imbaga y’abantu mu rusengero. REBA videwo.

Umupastor hagati mu rusengero yakuyemo imyenda y’umukobwa anyunyuza imyanya y’ibanga ye ngo ari kumukuramo kanseri.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top