Mu minsi yashize ubukwe bwa Shadadi ndetse na Bonete ni ubukwe bwabaye kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, ndetse hafi igihugu cyose cyari kigiye kubumenya bitewe n’ubwumvikane buke bwabayeho hagati yabo ndetse na Hoteli hâteau le Marara ubu bukwe bwari bwabereyemo.
Ni ubukwe bwari buhenze cyane ku buryo bwabarirwa mu mafaranga ari hejuru ya million 200 Rwf, ndetse ni ubukwe bwari bwitabiriwe n’ibyamamare bitewe nuko aba bombi bakomoka mu miryango irimo ibyamamare.
Gusa amakuru ahari ubu avuga ko rwa rugo rwakoze ubukwe bwa million zirenga 200 burya rwari rwubakiye ku musenyi kuko rwasenyutse nta namezi abiri babanye, aho bivugwa ko ubu aba bombi bamaze guhana divorce nkuko byumvikna mu majwi y’umwe mu bantu ba hafi yabo wabitangaje.
Muriaya majwi yatangajwe n’umukobwa, yumvikanamo asobanura uburyo byagenze kugirango batandukane rugikubita.
Inkuru yose yuko byagenze, ” Ubwo ubukwe bwari burangiye haciyeho iminsi mike cyane, ngo uyu mugabo yahise ajya mu bandi bagore we n’inshuti ze, ndetse ngo icyo gihe bajyanye undi mugabo bakunze guhimba Congole, Congole akaba ari umugabo w’inshuti y’umugore wa Shadadi yitwa Josine.
Ubwo Shadadi yari ajyanye n’inshuti ze ndetse nuwo Congole nawe bashakaga kwigisha ingeso mbi, ubwo bari batumiye abakobwa benshi mu nzu ahantu, bagezeyo batangiye gukora ibikorwa byabo byo kunywa no gusambana ariko ku bw’amahirwe uwo mugabo wa Josine we ntiyakozwa ibyo bikorwa.
Ubwo Congole yaricaye areba ibyo barimo ubundi abafata videwo, mu mwanya muto Josine umugore we yaramuhamagaye amubaza aho ari, ariko umugabo avuga ko nawe atazi aho ari ko yajyanye na Shadadi. Umukobwa kunyurwa byaranze arangije aramubwira ngo amuhe icyerekezo cye muri telefone umundi aze amurebe, ubwo bidatinze umugore yahise ahagera.
Umugore mu kugera muri iyo nzu yakubiswe n’inkuba bitewe n’ibiri kuberamo, undi ahita atangira gutonganya umugabo we cyane amubaza impamvu yabijemo, ariko umugabo amusobanurira ko nawe ntacyo abiziho ko uko ariko yisanze muri iyo nzu ariko ko ntakintu yakoze.
Ubwoo ibintu byabaye birebire kugeza naho n’umugore wa Shaadi arewe Bonete abimenya. Mu minsi mike yane yari iciyeho bakoze ubukwe ngo umugabo yabwiye umugore ko iwabo batajya barya indyo imwe.
Ubwo byari mu minsi yambere y’ubukwe bwabo hari hakiri abantu benshi bari kuza kubasura mu rugo rwabo, ubwo umuryango wari waje kubasura, Bonete yarabakiriye nkibisanzwe ubundi ibiganiro birangiye ahita ababwira ko ashaka divorce ye na Shadadi.
Ubwo abantu bose baraha baratunguwe, bamwe bashaka kuvugira hejuru ariko arababwira ngo ingeso y’umuhungu wabo yanze gushira, babanye aziko bizarekera none tangiye no kubikora mu kwezi kwa buki., Ibyavugiwe mu majyi ni byinshi nawe iyumvire amajwi. part 1
Part 2
Part 3.
Part 4.
Uyu ni Barthazar w’i Rwanda! Hasohowe amajwi n’amashusho y’ibyo Shadadi umugabo wa Bonete bamwe bafungishije Hoteri Château le Marara yahise ajyamo nyuma y’ubukwe none bakaba bahanye divorce, abakobwa 40 bose !