Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho yafatiwe mu kabari kamwe ko mu mujyi wa Logos mu gihugu cya Nigeria, mu cyumba cya ko kabari harimo abakobwa n’abasore gusa abakobwa bambaye ubusa buri buri.
Ni amashusho yafashwe agaragaza abasore bakorakora ku mibiri y’aba bakobwa uko bashatse bisa nkaho byari mu iguriro ry’indangamirwa.
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeza kwibaza kuri aya mashusho bavuga tumwe mu tubari twakabaye dukorwamo iperereza n’umukwabo, aba bantu biyandarika gutya bagatabwa muri yombi. Reba AMASHUSHO.
Amashusho yafatiwe mu cyumba abakobwa bambaye uko bavutse buriwese aza yikoreraho akomeje Kurikoroza.