Nyuma yuko amaze kumenyekana vyane ku rubuga rwa tiktok, umunyakenya Njoki Murira mu minsi yashize yongeye kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma yaho hasakaye amashusho y’urukozasoni y’umukobwa nawe ufite ikibuno kini nkike bikavugwa ko ari aya.
Abantu benshi bakimara kubona aya mashusho batangiye kuvuga ko nubwo aba azunguza ikibuno kuri tiktok ariko atagera ku rwe rwo gukuramo imyenda akerekana ubwambure bwe kuri camera, gusa bidaciye kabiri aya mashusho yahise akurikizwa indi foto ye noneho imugaragaza mu maso yambaye ubusa.
Ubwo nibwo abantu benshi bamuburaniraga bahise bamukuraho amaboko. Amakuru akomeza gucicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko aya mafoto na videwo byaba byakomotse ku muhungu bahoze bakunda bitewe nuko yaba yarabimuhaga kera bamara gutandukana umusore agashaka kumusebya.
Gusa izi video urubuga zari zashyizwe hzasibye mu gihe gito, reba izindi video zisanzwe za Njoki.