Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka videwo yavugishije abatari bake hirya no hino, videwo y’umunyeshuri wagaragaye yigisha bagenzi be uburyo umugore yitwara iyo bari mu gihe cyo gutera akabariro.
Ni amashusho yafatiwe mu kigo cy’igamo abanyeshuri biga bacumbikirwa hariya muri Afurika y’Epfo.
Aya mashusho agaragaza umwana w’umukobwa uri mu kigero k’imyaka 16 na 18, yobajijweho cyane ndetse arasakazwa cyane kugera naho agera ku bayobozi b’ikigo ndetse n’Ababyeyi be.
Amakuru avuga ko uyu umunyeshuri yaje kwirukanwa ndetse ahabwa kuguma mu rugo ibyumweru 2, nabwo akagarukana n’Ababyeyi.
Ni mu gihe bivugwa ko uwamufashe iyi videwo ari umuntu bararaga muri door imwe. Reba AMASHUSHO.
Amashusho yafashwe umunyeshuri ari muri door ari kwigisha bagenzi be uko batera akabariro akomeje Kurikoroza.