Videwo y’umwe mu bantu bitabiriye Champions y’isi y’amagare igiye kubera mu Rwanda ikomeje gutungurana cyane nyuma yo kumenya ikinyarwanda mu minsi 2 gusa, agatanga itangazo mu kinyarwanda kiza ndetse akagenera ubutumwa budasanzwe abanyarwanda bose.
Uyu umunyamahanga akomeje gutangaza benshi ku mbuga nkoranyambaga gusa bamwe bavuga ko yaba yarageze mu Rwanda mbere akaba yaranabanye n’abantu baho cyane bigatuma amenya ikinyarwanda byihuse. Reba AMASHUSHO.