Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho agaragaza Abanyerondo bakoranamo n’abaturage.
Ni amashusho yafashwe ubwo ikipe y’abashinzwe umutekano bazwi nk’abanyerondo bari bagiye mu isantere ya Buganza gufata umwe mu baturage bivugwa ko yari afitanye amakimbirane n’umwe muri abo banyerondo.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS
Gusa ngo ubwo Abanyerondo bahageraga bameneshejwe n’abaturage banga ko hari umuntu batwara ndetse biba ngombwa ko barwana. Reba AMASHUSHO.