Abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje gutangarira cyane umwana w’umuhungu wagaragaye mu mashusho afite umusaraba wo mu irimbi awujyanye iwabo.
Mubigaragarira amaso, uyu mwana yaciye munirimbi atoragurayo umusaraba w’umuntu washyinguwe muri 2024, kuko ku gice cyo hasi wari waraboze bivuze ko ashobora kuba yasanze waraguye akawutoragura.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS
Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kwibaza niba uyu mwana yaba adatinya irimbi nk’uko abandi bana bose batinya no kuba banyura iruhande ryayo.
Bamwe banakomeza batebya bagira bati “uyu wabona iwabo bari babuze inkwi, ubundi yawubona akawujyana ngo bawucane.”
Abandi bati “wabona uyu mwana yarigize kubona nyina atashya inkwi mu irimbi agacyuramo n’umusaraba. Reba AMASHUSHO.
Amashusho yafashwe umwana wavuye ku ishuri akanyura mu irimbi agacyura umusaraba akomeje gutangaza benshi.