Ibintu Perezida Paul Kagame yakoreye umwuzukuru we mu ruhame bikomeje gutuma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga – VIDEWO

Amarushanwa ya UCI yari ari kubera iki Kigali ni amwe mu marushanwa yagaragayemo udushya twinshi.

Muri utwo dushya twagaragayemo harimo n’agashya kakozwe na Perezida wa Republica y’u Rwanda Paul Kagame ku mwuzukuru we mukuru.

FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS

Gusa kuri benshi ibyo yakoze si agashya kuko benshi bazi ukuntu akunda umwuzukuru we ku buryo nta narimwe aba yifuza kumubona hari ikibazo afite.

Ubwo bari mu birori byo gusoza shampiyona y’isi y’amagare UCI, Perezida aho yari ahagaze, hafi ye hari hahagaze Ange Kagame ndetse n’umwuzukuru we.

Gusa Perezida yaje kubona umwuzukuru we akomeje kugorwa no guhagarara bituma ajya kumwicaza ku ntebe yari iri aho hafi.

Iyi ni imwe muri videwo zikomeje kuvugisha no gushimisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga. REBA AMASHUSHO.

Ibintu Perezida Paul Kagame yakoreye umwuzukuru we mu ruhame bikomeje gutuma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top