Umwe mu bakobwa bamaze kumenyekana mu gihugu cya Kenya nka Shakilla Tiffany, amaze iminsi avugisha abatari bake nyuma yuko akoze agashya akajya live ku mbuga nkoranyambaga akamabara ubusa buri buri.
Ubusanzwe uyu shakilla usanzwe yifashishwa mu mashusho y’indimbo hariya muri Kenya ndetse akaba ari n’umunyamideli, mu minsi yashize yakunze gushyira amaforo ye hanze yambaye ubusa, gusa hakaba hari nubwo yajyaga hanze nawe ubwo atabizi.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS