Umugabo yarozwe kugira igitsina cy’abagore mu kiganza nyuma y’uko ateye inda umukobwa akamwihakana

Umugabo yitwa Byiringiro yarozwe kugira igitsina cy’abagore mu kiganza nyuma y’uko ateye inda umukobwa witwa Nyiraneza Clémence akamwihakana.

Uyu musore wo muri Rwamagana avuga ko yaje kwivuza gusa bimusigira ubumuga bw’icyo cyiganza cyarimo icyo gitsina. Kugeza ubu uyu mugabo atunze wa mukobwa yari yarihakanye, bamaze no kubyarana abana batatu.

FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS

Uyu mugabo yatangarije tv 1 dukesha iyi nkuru ko akimara kumva ko yateye inda uyu mukobwa bakundanaga, yahise ahungira muri Nyagatare maze hashije ibyumweru bibiri abona mu kiganza cye hatangiye kuza mo ikintu atazi.

Hashije iminsi micye abona ni igitsina cy’umukobwa cyaje mu kiganza cye. Yahise ajya kwivuza mu bavuzi ba kinyarwanda, birananirana, ajya gusaba imbabazi nyirabukwe arazimwima nuko aza kubona umugaga gakondo w’i Gatsibo maze aramuvura kivamo gusa ako kaboko kagumya kuba pararize kugeza ubu none asigaye agenda agapfitseho ga.

Nyuma yahise anabana n’uyu mukobwa yari yateye inda kugeza ubu babanye neza  bamaze kubyarana abana 3, nanubu ntabwo bumvikana na nyirabukwe doreko yanarakariye umukobwa we.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top