Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’abanyeshuri bo mu gihugu cya Uganda akomeje kuvugisha abatari bake bitewe n’ibyo barimo.
Muri aya mashusho agaragaramo abanyeshuri batatu ,abakobwa n’abahungu barimo bareba amashusho muri telefone ndetse bambaye na kuteri.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS
Abantu benshi nyuma yo kubona aya mashusho bitewe nibyo umuhungu yari arimo gukorera umukobwa byatumye abantu bose batekereza ko aba bana barimo bareba àmashusho y’urukozasoni.
Umuhungu yagaragaye acisha akaboko mu ishati ya mugenzi we atangira gufata mu mabere.
Bivugwa ko aya mashusho yafashwe n’undi munyeshuri nawe wari wazanye telefone ku ishuri . Reba Videwo.
Àmashusho yafashwe abanyeshuri bari kureba filimi z’urukozasoni akomeje gutangaza benshi kubera ibintu umuhungu yari ari gukorera umukobwa yacishijemo akaboko.