Ibintu Theo Bosebabireba n’umugore we bakoreye imbere y’abashyitsi bari baje kubasura ni ikimenyetso kigaragaza uburyo ingo zirara zishya bwacya zikazima ndetse nyuma y’uko abashyitsi batashye bakaba basigaye baserera-Videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho ya Theo Bosebabireba n’umugore we yibyo bakoreye imbere y’abashyitsi bigatuma abantu bose bayibazaho.

Mu mashusho yafashwe ubwo abagiraneza bari basuye Theo bamushyiriye ubufasha kubera umugore we arwaye, hagaragayemo igikorwa cyakozwe n’umugore cyatumye benshi batekereza ko byakwanga byakunda mu rugo rwa Theo bitifashe neza hagati yabo.

FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS

Ubwo abashyitsi babasuraga, baba babahaye ibahasha irimo amafaranga ari muri amvirope ,ubwo Theo niwe wayakiriye ayashyira hagati ye n’umugore ku ntebe.

Gusa yaba Theo ndetse n’umugore bose bahoraga bacungacunga ayo mafaranga , buri wese ateraho akajijo bisa nkaho bashaka kuza kuyatangunwa.

Igihe cyaje kugera Theo ahabwa ijambo nka nyiri urugo, arahaguruka ajya kuvuga ijambo, ubwo yahagurukaga umugore nawe yakomeje acucunga cunga y’amafaranga biza kurangira umugore ayafashe gake gake ahita anjya kuyahisha ako kanya abashyitsi bagihari nkuko bigaragara muri video ugiye kubona.

Ibi byatumye abantu benshi batekereza ko Theo Bosebabireba n’umugore batabanye neza ndetse bashobora kuba basigaye baserera nyuma yuko abashyitsi batashye  bapfa ayo mafaranga . Reba Videwo.

Ibintu Theo Bosebabireba n’umugore we bakoreye imbere y’abashyitsi bari baje kubasura ni ikimenyetso kigaragaza uburyo ingo zirara zishya bwacya zikazima ndetse nyuma y’uko abashyitsi batashye bakaba basigaye baserera.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top