Ku munsi w’ejo hashize u wo byari tariki ya 6 Nzeri 2024, ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakinnye na Nigeria mu gushaka tike yo gushaka igikombe k’isi. Ni umukino wabereye mu Nigeria ndetse uzwi kurangira ikipe ya Nigeria itsinze Amavubi 1:0.
Mu gice cya kabiri cy’uyi mukino, kabuhariwe akaba na Rutahizamu wa Nigeria, Victor Osman yaje kuvunika ndebe biba ngombwa asohoka hanze y’ikibuga., uyu Osman yari yakorewe ikosa na Niyomugabo Claude.
Nyuma yuko uyu mukino urangiye, abantu benshi batunguwe cyane na videwo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga igaragaza uyu mukinnyi Niyomugabo Claude asohoka hanze akajya kureba Osman kugirango amusabe imbabazi.
Aya mashusho agaragaza Osman na Claude barimo baburana, gusa Claude amusaba imbabazi amusobanurira uko byagenze. Reba AMASHUSHO.