Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi 25 yagabye ibitero bikomeye ku bice bituwe n’abaturage benshi, maze ihitana abasivile 10 inakomeretsa amagana.
Iyi ndege kandi yatumye Ibitaro Bikuru bya Kalehe byangirika burundu.
Nta na rimwe uzumva imiryango mpuzamahanga ivuga ku bwicanyi bukorerwa Abanyekongo bwakozwe n’igisirikare cya Leta ya Félix Tshisekedi, FARDC, ku baturage cyagombaga kurinda.
Icyo bashishikajwe na cyo ni ugushinja u Rwanda byose bavuga ko arirwa ntandaro y’umutekano mucye wo muri Congo gusa u Rwanda ntiruhwema kubihakana.
Muri ibi bihe bitoroshye by’umutekano mucye muri Repubulica Iharanira Demolarasi ya Congo, AFC/M23 bagakwiye gutabara abasivile.
Ark nyagani umuntu muzima yiyicira Abanyagibugupe Koko😭😭😭😭