Mu minsi yashyize abanyamakuru barimo Mucyo Antha wahoze ukorere B&B, Reagan Rugaju ukorera RBA, Richard ukorera SK FM, n’abandi bari bafungiye muri gereza ya gisirikare bazizwa kurya umutungo wa Apr Fc mu buryo butaboneye.
Umunyamakuru Reagan Rugaju niwe wabanje kugezwa muri gereza, abandi barimo Richard na Antha baza bamusangamo.
Mu kiganiro Mucyo Antha yagiranye na B&B Kigali, yamuteje abafana be avuga ko Reagan Rugaju ariwe muntu wambere ugira ubwoba.
Yavuze ko ubwo yageraga muri gereza yasanze Reagan ubwoba bwamwishe ndetse atari kuganira n’abandi cyane, yewe niyo wamuganirizaga wumvaga umutima utari hamwe.
Ibi ni mu gihe Mucyo Antha na bagenzi be bo bagezemo bagahita biyakira vuba. Reba AMASHUSHO.
Umunyamakuru Mucyo Antha yateje abantu Reagan Rugaju kubera ubwoba bwe.