Videwo, indege na drone bya FARDC birasaguye ku kibuga k’indege cya Walikale mu gihe M23 yari yatangaje ko igiye kurekura uyu mujyi – AMASHUSHO

Videwo, indege na drone bya FARDC birasaguye ku kibuga k’indege cya Walikale mu gihe M23 yari yatangaje ko igiye kurekura uyu mujyi.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, ubwo ihuriro y’ingabo zirwanira ku ruhande rwa Leta ya Congo zarasaga ku kibuga k’indege cya Walikale mu rwego rwo guhashya M23.

Ibi kandi bibaye mu gihe M23 yari yatangaje ibaye ivuye muri uyu mugi gusa mu gihe Leta yakongera kubataka cyangwa guhohotera abaturage, bakaba bazagaruka igitaraganya. Reba AMASHUSHO yuko byari byifashe ubwo ikibuga k’indege cyaraswaga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *