Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umukobwa wavugishije benshi nyuma yo gusanga umuhanzi kuri stage agakuramo imyenda yari yambaye agasigarana Akenda k’imbere gusa.
Uyu muhanzi wari wataramiye muri bar yari yatumiwemo, ni umwe mu bahanzi bakundwa n’abakobwa cyane mu gihugu cya Afrika y’Epfo.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS
Ubwo rero yari ari ku rubyiniriro, umukobwa yamusanzeho akuramo imyenda babyinana yambaye ubusa. Reba video.
Umukobwa yagiye kuri stage kubyinana n’umuhanze ukunzwe cyane agezeyo akuramo imyenda yari yambaye yose bahakorera ibyo abantu batacyekaga.