Bimwe bavuga ngo akabaye icwende ntikoga bikomeje kugaragarira ku mukobwa Kwizera Emelyne wamenyekanye nka Emelyne Ishanga , nyuma yo gukururwa ishanga na The Ben.
Bikomeje kugaragara cyane nyuma yuko yafunzwe azira kuba we na bagenzi be barifashe amahusho y’urukozasoni bakayakwirakwiza kh mbuga nkoranyambaga gusa kuri ubu amashusho y’uyu mukobwa akaba agikomeje gukwirakwira ahantu hose.
FT: RAYON SPORTS 4:1 SINGIDA BLACK STARS
Kuri ubu ku mbuga zitandukanye hariho amafoto amashusho y’uyu mukobwa yambaye ubusa ari mu buriri akina n’undi mukobwa bavuga ibiteye isoni. Reba Videwo.