Inkundura y’amashusho y’urukozasoni ni kimwe mu bintu bimaze gufata indi ntera mu myidagaduro yo mu Rwanda, aho bigoye cyane kuba wamara icyumweru kimwe utumvise ngo amashusho ya runaka yagiye hanze.
Gusa nubwo amashusho akomeza gushyirwa hanze ku bwinshi, amenshi ni amashusho y’abakobwa, ndetse amenshi ni ay’abakobwa b’i Kigali.
Ukurikiranye neza impamvu iri gutera ibi bintu, ni amafaranga, abakobwa benshi bari gukoresha ubwambure bwabo kugirango babone amafaranga.
Aho usanga abadiaspora babaka amavidewo yabo cyangwa amafoto yabo bambaye ubusa kugirango babahe amafaranga.
Kuri ubu amashusho akomeje kunyuranamo ku mbuga nkoranyambaga ni amashusho y’umukobwa bivugwa ko ari uw’i Kigali wafashwe videwo atabizi nawe ari kwifata amashusho n’amafoto byo koherereza umuntu. reba videwo.
Umukobwa w’i Kigali wari uri kwikinisha yifata amashusho y’urukozasoni yafashwe amahusho atabizi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyamga – VIDEWO