Muri iyi minsi abakobwa benshi bajya gukora ubukwe akenshi bafite inda cyangwa bamaze kuryamana n’abagabo barenze umwe, ndetse abenshi bakabikora muri bimwe abantu bita ibirori byo gusezera ku bukumi.
Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira inkuru y’umukobwa witwa Kevin wapfuye ari kuryamana n’abasore babiri ubwo byari mu ijoro rye ryo gusezera ku bukumi.
Ubusanzwe uyu mukobwa witwa Kevin yari afite ubukwe hamwe n’umukunzi we witwa Derrick, umunsi uza kugera wo gusezera ku bukumi, ubwo iwabo wa Kevin hateraniye abakobwa bagenzi be baza kunywa b’aranarya bishimira ubukumi bwa Kevin ndetse banabusezera.
Gusa Kevin we yari afite inzozi ashaka kugeraho, izo nzozi zari izo kuryamana n’abasore babiri icyarimwe, bimwe bizwi nka threesome, ubwo muri iryo joro umukobwa yasezeraga ku bukumi yashatse uko abigeraho bubi na bwiza.
Uyu mukobwa yiherereye ku ruhande ahamagara umusore witwa Olivier wamukundaga cyane ndetse amwifuza ariko yarabuze amahirwe yo ku mugeraho, ubwo aba amubwiye ikivuzo cye, ko ashaka ko baryamana, Olivier nawe nk’umusore wamwifuje kuva kera inkuru yahise ayisamira mu kirere.
Gusa umukobwa yamubwiye kugirango baryamane agomba gushaka indi nshuti ye ya bazana bose bakaryamanira rimwe, Olivier yabanje kubyanga gusa umukobwa nawe amubwira ko bitakunda atazanye n’indi nshuti ye.
Olivier yaje kubyemera ubwo aba ahamagaye umusore w’inshuti ye witwa Simoni wari uturanye na Derrick wa musore ugiye kurongora uwo mukobwa, Simon yaratunguwe gusa arabyemera ajyana na Olivier mu gikorwa.
Umukobwa yasabye abo basore ko bahurira aho aba apana iwabo ku babyeyi, ubwo abasore bahageze mu mwanya nk’uwo guhumbya basanga umukobwa nawe yahageze.
Bose bahageze babanje kunywa inzoga basa nk’abasindamo gake, ubwo batangiye igikorwa, batangira umukobwa ajyana n’umusore umwe mu cyumba yananirwa undi akamusimbura, bigeze aho umukobwa arambwira ngo mwese muze tubikorere rimwe.
Ubwo abasore ntakuzuyaza batangiye igikorwa, umukobwa akajya akomeza ababwira ngo mushyiremo imbaraga, mushyiremo imbaraga.
Gusa mu minota nka 20 gusa ibyari ibyishimo byahindutse ikuzimu mu buryo butunguranye.
Ubwo aba basore bari mu gikorwa, kubera imbaraga nyinshi bakoresheje, byarangiye umukobwa ashizemo umwuka.
Abasore bakubiswe n’inkuba babura icyo bakora, Isi ibizengurukirizaho, baricara barumirwa.
Ku rundi ruhande, umusore Derrick yari yahamagaye Kevin inshuro nyinshi cyane gusa atamwitaba, umusore yahise yigira inama yo kujya kumureba iwe mu rugo.
Umusore ageze yo yakubiswe n’inkuba gusanga abasore babiri muri saro bambaye ubusa bicaye babuze icyo bavuga, arebye mu cyumba asanga Kevin nawe yambaye ubusa aryamye ku buriri yashyizemo umwuka.
Ubwo umusore byaramucanze agahinda aramwica, abura icyo avuga, gusa muri ako kanya yigira inama yo gufata amafoto y’ibyabereye aho ayajyana kuri police.
Ubwo Police nayo yakoze akazi kayo, mu minsi mike abasore bajyanwa imbere y’Ubutabera, gusa bose ntanumwe wigize uvuga ko umukobwa ariwe wari wabatumiye ngo baze mu gikorwa cya threesome.
Byaje kurangira abasore bombi Simon na Olivier bashinjijwe icyaha cyo kwica umuntu, buri umwe bamukatira imyaka 20.
Src: Uwababyeyi Sonia… Reba video.