Wa musore witwa Sano yahanuriye umugore wari ufite umugabo n’abana batatu ko Imana yavuze ko ariwe bagomba kubana none bagiye kwibanira akaramata – Soma inkuru yose uko byagenze

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka inkuru iteye agahinda ivuga ku bukwe bw’umusore witwa Sano bivugwa ko ari umu Pastor ndetse n’umugore witwa Irene bagiye kubana gusa mu buryo buri wese atari gusobanukirwa.

Amakuru avuga ko uyu musore witwa Sano yaba yarahanuriye uyu mugore basengeraga hamwe akamubwira ko Imana ariyo yatagetse ko bazabana, bityo ko bikwiye gukorwa.

Andi makuru avuga ko uyu mugore witwa Irene wari usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yari afite umugabo basezeranye ndetse n’abana 3 gusa aho uyu musore yinjiriye mu buzima bwabo bikarangira akoze divorce kugirango azabane nabo.

Nkuko amakuru dukura ku mbuga nkoranyambaga abitangaza, bivugwa ko uyu Sano nawe yari asanzwe afite umwana gusa akaba yaramwihakanye kugirango abashe kubana n’uyu mugore.

Andi makuru avuga ko uyu Sano, Irene atariwe mugore wambere yaba asenyeye kuko ari utuntu twe. Soma inkuru yose muri aya mafoto akurikira.

 

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top