Amashusho yafashwe umugore wari uri kwikorera amasuku mu myanya yibanga yicaye mu mahanda akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga.
Ku mbuga nkoranyambaga hakomej gukwirakwira amashusho y’umugore wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, yicaye ku muhanda arimo kwikorera amasuku mu myanya y’ibanga ariko akoresheje amazi aba yaretse mu binogo byo mu muhanda.
Uyu mugore bigaragara ko adakuze cyane, ubwo yafatwaga iyi videwo igasakazwa ku mbuga nkoranyambaga, abantu ntibayivuzeho rumwe kuko bamwe batangiye kwibaza niba yaba ari ubana n’ubumuga bwo mu mutwe cyangwa se akaba ari umwe mu bakoronijwe n’ibiyobya bwenge.
Benshi kandi bakomeza kuntenga cyane abantu bamufashe aya mashusho aho kumufasha ngo areke kwiyangiza ahubwo bagahitamo kumuseka. Ndetse benshi bakomeje kugira impungege ku buzima bwe bitewe nuko amazi yakoreshaga ari amazi aba arimo umwanada mwinshi. Reba AMASHUSHO.
Amashusho yafashwe umugore wari uri kwikorera amasuku mu myanya yibanga yicaye mu mahanda akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga.