Uzajya uterwa agashinjye rimwe mu mezi 6! U Rwanda rwatangiye gushaka umuti mushya urinda SIDA
Mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 […]
Mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 […]
Umukino wa Super Cup wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC ukabera muri Sitade Amahoro wakuwemo kubera Abahamya ba Yehova.
Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko abakinnyi izatandukana na bo biganjemo abanyamahanga kuko benshi bari abo kuzuza umubare
Mu byo umunyamakuru w’Umufaransa, Romain Molina, avuga ko ari kumwe mu gusesagura amafaranga menshi ya leta mu bifitanye isano na
Rayon Sports iri mu makipe abiri azahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika ya 2025/26, byongeye ikaba iri mu makipe akunzwe
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino, aho rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo, ari kwishimirwa bikomeye. Uyu
Harerimana Abdulaziz uzwi nka Rivaldo wakiniraga Gasogi United yerekeje muri Rayon Sports yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi usatira aca
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa w’imyaka 20 ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wo mu rugo yakoragamo.
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wahamijwe ibyaha 10, birimo kwica ku bushake,