AFC/M23 yatanze ukuri ku makuru avuga ko igiye kuva muri Goma na Bukavu
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ryatangaje ko ridateze kuzava i Goma n’i Bukavu, ahubwo ryemeza […]
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ryatangaje ko ridateze kuzava i Goma n’i Bukavu, ahubwo ryemeza […]
Mu karere ka Kicukiro , mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyarurama mu mudugudu wa Bigongo, umugabo witwa Salim
Mu muryango nyarwanda n’ahandi ku isi, imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye ni ingenzi cyane mu kubaka urukundo, umutekano w’amarangamutima, no gutuma
Kumbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho arimo amajwi bivugwa ko ari aya pastor Mutesi y’urukozasoni, bivugwa ko yayafashe ari mu bwogero
Bamwe mu bari biyamamazanyije na Hunde Walter wifuzaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ariko agakuramo kandidatire ye kuri
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho yakoze ku mitima ya benshi, ndetse benshi bishimira igikorwa umupolisi wo mu muhanda yakoreye
U Rwanda rwakiriye abarwanyi bane b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR babaga mu mashyamba yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubutaka mu Rwanda kigaragaza ko ubutaka bwanditse ku bagore gusa bihariye badafite abo babuhuriyeho ari 18,88% mu
Musanze habereye impanuka ikomeye imodoka igonga abantu batandatu bose bahita bakomereka. Abantu batandatu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye ku kiraro
Mu rukundo, abagabo benshi bibwira ko gushimisha umugore mu gitanda bishingira gusa ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko si ko bimeze.