Intare za Sarambwe no ku Cyumweru ntiziruhuka! M23 yafashe agace ka Lunyasenge
Abarwanyi bar AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC […]
Abarwanyi bar AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC […]
Umuntu umwe yapfuye abandi barakomereka kuri iki cyumweru kuri Sitade ya Gusii, nyuma y’imirwano ikaze hagati y’abafana ba Gor Mahia
Umwe mu bafana ba Rayon Sports yaguye igihumure ajyanwa mu mbangukiragutabara, ubwo ikipe ye yari imaze gutsindwa igitego cya kabiri.
Ishimwe Vestine uririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we, Dorcas, yatangaje ko azarushinga n’Umunya-Burkina Faso, Idrissa Ouédraogo
Mu minsi yashize, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto irimo amagambo avuga ko Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyahagaritse umunyamakuru w’imikino Rugaju
Umuhanzi Ross Kana yatangaje ko yamaze gutandukana n’inzu y’ubuhanzi ya 1:55 AM yari abarizwamo, nyuma y’umwaka n’igice bakorana. Ibi yabitangaje
Nyirabahizi Esther yagerageje kwica ubukwe bw’umugabo babyaranye umwana w’umukobwa, Padiri mukuru wa Paruwasi ya Stella Maris mu Karere ka Rubavu
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yashimiye abasirikare bahungiye mu bigo by’ingabo ziri mu butumwa
Abasirikare bane ba Afurika y’Epfo bakomerekeye mu mirwano bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Umushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa