Yaraye ageze i Kigali: APR FC yakiriye rutahizamu w’umunya Burkina Faso
APR FC yakiriye rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara, wageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, […]
APR FC yakiriye rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara, wageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, […]
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yahamagariye ibihugu by’i Burayi kwiyubaka no kongera ingengo y’imari igenerwa igisirikare, mu rwego rwo kugabanya
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Bwongereza, Yvette Cooper, yatangaje ko Guverinoma iteganya gusaba Elon Musk gukura ku rubuga nkoranyambaga rwa X
Abasore 2 bo mu Karere ka Gisagara bakekwagaho kwica umuturage bamaze kumusambanya, barashwe n’Umupolisi nyuma yibyo nawe bashatse kumukorera ubwo
Assana Nah Innocent, umukinnyi ukomoka muri Cameroun ukina nka winger, ari mu rugendo ava i Douala yerekeza i Kigali aho
Sandrine Isheja uherutse kugirwa Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, yatangiye kumvikana mu kiganiro ’Magic Morning’ ahuriyemo n’abarimo Mazimpaka Japhet
Ikipe ya Rayon Sports irimo abakinnyi babiri bari mu igeragezwa, yasubukuye imyitozo yitegura imikino y’Igikombe cy’Intwari giteganyijwe mu cyumweru gitaha,
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Bwana Torsten Frank Spittler, wari umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu
Ku myaka 62, Robert Carmona ukuze kurusha abandi bakinnyi bose ku Isi, nk’uko aheruka kubihererwa icyemezo na Guinness des Records,
Mu gihe Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwakomeje gukurikirana abantu basakaza amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga, Shaddyboo, umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga