Umukobwa wamamaye cyane nka Emelyne Ishanga bitewe n’ishanga ye yakuruwe na The Ben ndetse nyuma akaza kuba kimenya bose bitewe n’amashusho y’urukozasoni ye yagiye hanze ari gukoresha icupa rya Heineken, yongeye kugaruka ku mbuga nkoranyambaga.
Nyuma yuko amashusho ye y’urukozasoni agiye hanze, uyu mukobwa ndetse na bagenzi be bajyanywe mu kigo ngorora muco cyangwa rehab gukorerwa rehabilitation, ndetse bamwe basabye imbabazi baniyemeza guhagarika kugaragara ku mihanda ya social media.
Uyu mukobwa rero we akiva muri rehab ntiyatinze kongera kugaruka ku mbuga nkoranyambaga ndetse agahita asohora Video igaragara ko yishimye kuba yaragarutse ku mbuga nkoranyambaga.
Ndetse iyi ni video abantu benshi bise iyo gutanga ikaze cyangwa se iyo kumuha ikaze nanone ku mihanda.
Amateka yakoreye ku mbuga nkoranyambaga yanze kwibagirana mu mitwe ya benshi bituma benshi bavuga ko iyi Video ariyo yo kumwakira. VIDEWO