Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, yapfuye
Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa […]
Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa […]
Leta y’u Rwanda iri muri gahunda yo kugabanya umubare wa moto zikorera mu mihanda ya Kigali, abantu bakayoboka gutega bisi,
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umukobwa wavugishije benshi nyuma yo gusanga umuhanzi kuri stage agakuramo imyenda yari yambaye agasigarana
Mu masaha yo ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho yagaragaza umusore wagerageje kurwanya inzego
Mu masaha yo ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho yagaragaza umusore wagerageje kurwanya inzego
Umusirikare w’u Rwanda, Sgt Sadiki Emmanuel, usanzwe ari mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu rwego rw’ubushoferi, yamaze kugarurwa mu gihugu
Amashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga yerekanye igikorwa cyakozwe n’abasirikare ba Burundi Special Commandos cyasekeje imbaga y’abantu benshi. Ni igikorwa
Umugabo wahoze ari umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR witwaga Rwigema Donatien yasanzwe mu bururiri buri mu nzu y’icyumba kimwe yari
Abasore batatu bo mu murenge wa Nyange w’akarere ka Ngororero, bagwiriwe n’ibuye rinini ryari hejuru yabo barapfa ubwo barimo bapakira
Mu karere ka Rulindo, mu Ntara y’Amajyaruguru polisi yarashe umwe mu basore bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, bari bagiye gukora