Gatabazi yongeye guhabwa imirimo mishya – Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza wahoze mu ngabo z’u Rwanda, […]
Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza wahoze mu ngabo z’u Rwanda, […]
Nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’urukozasoni ya Emelyne Ishanga, kuri ubu hongeye gusakara andi mashusho ateye impungenge arikumwe
Hashize imyaka 31 indege y’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana ihanuwe ku mugoroba wo ku itariki ya 6 Mata 1994,
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha Ingabire Victoire Umuhoza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 6 akurikiranyweho birimo kurema umutwe
Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo wagerageje kuroga abantu bo mu rugo yakoragamo
Mu byo umunyamakuru w’Umufaransa, Romain Molina, avuga ko ari kumwe mu gusesagura amafaranga menshi ya leta mu bifitanye isano na
Umugabo w’imyaka 63 ukomoka mu Karere ka Karongi yafatiwe mu Karere ka Rusizi agerageza kwangiza ibendera ry’igihugu. Byabereye mu Mudugudu
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa w’imyaka 20 ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wo mu rugo yakoragamo.
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wahamijwe ibyaha 10, birimo kwica ku bushake,