Imigurire ya Rayon Sports ishobora gutuma iyi kipe ijya mu kaga gakomeye
Rayon Sports iri mu makipe abiri azahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika ya 2025/26, byongeye ikaba iri mu makipe akunzwe […]
Rayon Sports iri mu makipe abiri azahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika ya 2025/26, byongeye ikaba iri mu makipe akunzwe […]
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino, aho rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo, ari kwishimirwa bikomeye. Uyu
Harerimana Abdulaziz uzwi nka Rivaldo wakiniraga Gasogi United yerekeje muri Rayon Sports yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi usatira aca
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje urugendo rwo guteza imbere siporo no gushora imari mu rubyiruko, aho kuri ubu
Umunyamakuru wa Siporo w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Ndayishimiye Rugaju Reagan, agiye kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu Ikipe ya Gorilla FC yo
Mu mashusho yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 9 Nyakanga 2025, hagaragayemo Wasili arira
Mu rwego rwo guteza imbere ubufatanye hagati y’umupira w’amaguru, iterambere n’ubukungu muri Afurika, amakipe abiri akomeye ku mugabane w’u Burayi,
Rutahizamu Biramahire Abeddy yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports, aho azageza mu mpeshyi ya 2027 ari umukinnyi wayo. Biramahire
Ikipe ya APR FC n’iya Rayon Sports zizahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, zizahabwa