Perezida Paul Kagame ashobora kwinjira mu bibazo bya FERWAFA kubera ibintu byabaye
Bamwe mu bari biyamamazanyije na Hunde Walter wifuzaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ariko agakuramo kandidatire ye kuri […]
Bamwe mu bari biyamamazanyije na Hunde Walter wifuzaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ariko agakuramo kandidatire ye kuri […]
Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko ikipe ya Simba Sports Club yo muri iki gihugu ikomeje kwifuza myugariro Niyomugabo Jean
APR FC izakina umukino wa gicuti n’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria y’abakina imbere mu gihugu (CHAN), uzabera muri Stade Amahoro itarimo
Rutahizamu usatira aca mu mpande, Amissi Cédric yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports FC yabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki
Myugariro w’Umusenegal, Omar Gning yagejeje ikirego cye kuri FERWAFA arega ikipe ya Rayon Sports FC yananiwe kumuha ibyangombwa bimurekura, nubwo
Rugaju Reagan, umwe mu banyamakuru b’imikino bakorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), yatangiye urugendo rushya mu mwuga w’ubutoza, aho yahawe amahirwe
Hertie Ruvumbu Nzinga Ari kwicuza ko Leta ya DRC yamushutse bikabije ikamwizeza Akangari k’amadorali y’umurengera Luvumbu yicuza ku byo yakoze
Muhire Kevin wari kapiteni wa Rayon Sports yamaze gutanga ikirego mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ayirega kutamwishyura umwenda
Umukino wa Super Cup wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC ukabera muri Sitade Amahoro wakuwemo kubera Abahamya ba Yehova.
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko abakinnyi izatandukana na bo biganjemo abanyamahanga kuko benshi bari abo kuzuza umubare