Videwo Natacha Ndahiro imibonano mpuzabitsina muri filime yayishyize ku rundi rwego
Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu […]
Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga akurikiranweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku
Kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umubyeyi w’abana babiri, Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddy Boo, yatangaje ko atishimiye amagambo yatangajwe
Umunyarwenya Venuste Bahizi, uzwi cyane ku izina rya Maître Nzovu, yagaragaje amarangamutima akomeye nyuma yo kubona ifoto y’umugore bivugwa ko
Ubushinjacyaha bwavuze ko uretse kuba Turahirwa Moses akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ari no gukorwaho iperereza ku bijyanye no kurucuruza.
Ishimwe Vestine uririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we, Dorcas, yatangaje ko azarushinga n’Umunya-Burkina Faso, Idrissa Ouédraogo
Mu minsi yashize, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto irimo amagambo avuga ko Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyahagaritse umunyamakuru w’imikino Rugaju
Umuhanzi Ross Kana yatangaje ko yamaze gutandukana n’inzu y’ubuhanzi ya 1:55 AM yari abarizwamo, nyuma y’umwaka n’igice bakorana. Ibi yabitangaje
Isimbi Alliance, uzwi cyane ku izina rya Amb Alliah Cool, yashimangiye ko ari umwe mu byamamare bikomeje gutera imbere
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine uhuriye mu itsinda rimwe n’umuvandimwe Dorcas, yamaze kongera izina ry’umugabo we