Nubuhoro Jeanne wabaye Nyampinga wa mbere w’u Rwanda yishwe muri Jenoside – AMAFOTO
Nubuhoro Jeanne, Nyampinga wa mbere w’u Rwanda ari mu bantu b’inzirakarengane z’Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Nubuhoro Jeanne, Nyampinga wa mbere w’u Rwanda ari mu bantu b’inzirakarengane z’Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Mu butumwa bwo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzi Safi Madiba ubarizwa muri Canada, yagaragaje
Mu gihugu cya Nigeria, aho iri kuba irushanwa nyafurika ry’amakipe y’abagore yitwaye neza iwayo (African Women’s Club Championship 2025), habereye
Rutahizamu Denis Omedi wa APR FC ukina anyuze mu mpande, yageneye ubutumwa Abanyarwanda n’inshuti zarwo bari mu bihe byo kwibuka
Mu gihe u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31, bamwe mu banyamahanga bakina cyangwa batoza mu Rwanda
Mu Mujyi wa Seoul muri Koreya y’Epfo habereye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,
Jean Bosco Nkurikiyinka warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amaze imyaka irenga 14 arera abana batatu b’abakoze Jenoside, nk’ikimenyetso cy’ubumwe
Arsenal FC yifatanyije n’Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ubutumwa yatanze
Muri ibi bihe u Rwanda n’Isi yose twibuka Jenocide yakorwe Abatutsi mu Rwanda 1994, ni ngombwa ko twibukiranya bimwe mu
Muri iki gihe U rwanda n’isi yose twibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha