Perezida Tshisekedi mu makimbirane n’igisirikare nyuma yo gufunga abajenerali 30
Perezida Felix Tshisekedi ari mu mvururu zikomeye n’abasirikare bakuru ba FARDC, aho abasaga 70 barimo abajenerali 30 bafungiwe mu mazu […]
Perezida Felix Tshisekedi ari mu mvururu zikomeye n’abasirikare bakuru ba FARDC, aho abasaga 70 barimo abajenerali 30 bafungiwe mu mazu […]
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye kugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa, ko ahubwo icyiza ari ukuyireka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje amakuru y’uko rufunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David n’abandi bafatanyacyaha
Perezida Paul Kagame avuga ko adashyigikiye ibyo kuba hari umwe mu bana be wazamusimbura ku butegetsi, kuko u Rwanda atari
Hashyizwe hanze amashusho agaragaza imirwano ikomeye irimo Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado, aho
Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu 2 Nzeri 2025 rwahamije Constant Mutamba kunyereza miliyoni 19
Umunyapolitiki Moïse Nyarugabo yatangaje ko ingabo z’u Burundi zirenga ibihumbi 10 zoherejwe mu misozi miremire ya Minembwe n’ibindi bice byegeranye
Umunyarwanda Nsengiyumva Janvier, wigeze kwiyamamariza ku mwanya w’umukandida rukumbi wigenga mu matora y’abadepite y’umwaka ushize wa 2024, yavuze ko iyo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye ingabo z’igihugu (RDF) kudaterwa n’ubusanzwe cyangwa umunaniro, ahubwo bakomeze guhora biteguye igihe
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasubije uwamunenze gushyigikira Perezida Paul Kagame, amubwira ko gushaka kuzimya Umukuru w’Igihugu