Murera yahita ihabwa itsinzi y’ibitego 3-0! Mukura VS ishobora guterwa mpaga
Mukura VS ishobora guterwa mpaga ku mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro yari yakiriyemo Rayon Sports ugasubikwa kubera ikibazo cy’amatara. […]
Mukura VS ishobora guterwa mpaga ku mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro yari yakiriyemo Rayon Sports ugasubikwa kubera ikibazo cy’amatara. […]
Umutoza Robertinho uherutse guhagarikwa n’Ikipe ya Rayon Sports kubera uburwayi, yavuze ko atarwaye ahubwo asaba iyi kipe kumuha umushahara we
Intambara ikomeye yo gushaka igikombe cya Championa irakomeje, aho ikipe ya APR FC yamaze gukura Rayon Sport kumwanya wa1 yari
Umukinnyi wa FC Barcelona y’abagore, María Pilar León (Mapi León), arashinjwa gukorakora mu bice by’ibanga mugenzi we Daniela Caracas wa
Plateau United FC yo muri Nigeria yatangaje ko rutahizamu wabo, Vincent Temitope yatewe icyuma mu ijosi n’abafana nyuma y’umukino wa
Umunyezamj w’ikipe ya Rayon Sports, Khadime Ndiaye yahakanye ibyo kurya ruswa ku mukino banganyijemo na Marine FC. Mu ikipe ya
Nsabimana Aimable bitunguranye ntari mu bakinnyi bajyana na Rayon Sports i Huye gukina na Mukura VS kubera imvune. Yiyongereye ku
Umutoza wa Rayon Sports Robertinho na Mpazimpaka Andre bahagaritswe by’agateganyo muri Rayon Sports kubera Umusaruro muke. Umwanzuro wo kabahagarika wafashwe
Ikipe ya Rayon Sports ntiri mu bihe byiza, dore ko nyuma yo kuvunikisha rutahizamu wabo w’inararibonye Fall Ngaghe, itangiye kugenda
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukiri muto, Barthazar Ndayishimiye, yigaragaje bikomeye mu Budage aho yatsindiye ikipe ya Bayern Munich Global Academy ibitego bibiri