Ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abarimu bo muri Kaminuza y’u Rwanda bwagaragaje ko abana bavuka ku babyeyi bakora uburaya babayeho nabi cyane,
Mu Murenge wa Kimisagara mu Kerere ka Nyarugenge, hagaragara isoko rikorera mu kajagari ricuruza ibintu byakoreshejwe birimo n’imyenda yambawe n’ibindi.
Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bafashe Sheferi ya Luhwinja yo muri Teritwari ya Mwenga