Habe n’akanu ko guhisha impoko bashyiraho! – Amashusho y’abakobwa b’aba-Zulu bishimye bambaye ubusa hejuru akomeje kurikoroza

Kenshi abantu bakunze gutangarira umuco w’aba Zulu bakomoka muri Africa y’Epfo, ndetse benshi bakibaza niba imico yabo ya kera bakiyigenderaho muri iyi visiyo.

Cyane rwose, iyo utembereye mu gace gatuyemo Aba Zulu benshi muri Afurika y’Epfo ushobora no gutungurwa no gusanga abakobwa baho bambaye ubusa, amabere yabo agaragara, yewe nta n’akanu nagato kariho ko guhisha impoko.

Gusa ibi ushobora kubibona mu gihe habaye ibirori byerekeranye n’umuco wabo, nibwo usanga abakobwa bamwe na bamwe bambaye ubusa hejuru.

Kuri ubu uyu muco ntukiri nka mbere bitewe n’iterambere ndetse n’uko abantu benshi byakomotse hirya no hino ku isi bagiye bivanga muri sosiyete yabo, ibyo bigatuma rero batabasha kwisanzura ngo bakomeze umuco wabo muri sosiyete yo hanze.

Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho ya bamwe mu bakobwa baho bambaye ubusa hejuru, bari mu birori byo kwishimira mugenzi wabo wari wegukanye ikamba mu marushanwa ya Miss.

Ibi kandi bakunze no kubikora mu birori bitandukanye cyane cyane ibihuriwemo n’abagore n’abakobwa gusa, nka za bride showa n’ibindi.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *