Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 4 Gicurasi 2025 ubwo ikipe ya Rayon Sports yari imaze gutsindwa na APR FC ku mukino wanyuma w’igikombe cy’Amahoro, abakinnyi ba Rayon Sports bagaragaje gushyamirana hagati yabo ahanini bikuruwe no kuba bamaze gutsindwa.
Aba bashyamiranye ni Elenga Kanga ndetse na Rutahizamu Biramahire Abbedy, aho bashyamiranye ahanini bikuruwe no kuba batabashije kubona intsinzi kuri uyu mukino, ndetse no kwitana bamwana. Reba AMASHUSHO.
Ibi ubikoze muri Apr Fc wahita utaha! – Abakinnyi ba Rayon Sports ubwo bari bamaze gutsindwa bafatanye mu mashingu bakizwa n’abakinnyi ba APR FC.