Ijoro ryahise mu kabari bafashe umutinganyi witwa David bamukorera ibya mfurambi atazigera yibagirwa.
Mu kabari kamwe mu tugezweho mu mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, abagabo bafashe umusore wihinduye umukobwa mu miterere akajya aryamana nabo bahuje ibitsina (umutinganyi) bamugirira nabi.
Ubusanzwe igihugu cya Uganda ntabwo kemera ibintu byose bijyanye n’ubutinganyi, ku buryo aho bamusanze hose biba bitaboroheye kubana nabo, bigatuma bashobora kumugirira nabi, yewe rimwe na rimwe baranicwa.
Uyu musore witwa David ubwo yari yagiye mu kabyiniro, yari yambaye neza gusa mu igituza cye yashyizemo amashashi arimo amazi kugirango abantu bagire ngo ni amabere.
Uyu umutinganyi yaje gukuramo imyenda asigarana utwenda twimbere ubundi ajya mu bandi bakobwa kubyinira abagabo nk’uko babikoraga.
Gusa umwe mu bagabo Umuzi yamubonye aramumenya ahita arya akara uwo babyinanaga, bahita bamufata.
Uyu David bamukubise bidakabije Gusa amakuru avuga ko nyuma aho bamujyanye bitamugendekeye neza. Reba AMASHUSHO.
Ijoro ryahise mu kabari bafashe umutinganyi witwa David bamukorera ibya mfurambi atazigera yibagirwa.