Iyo abagabo babonye umuguno w’ikariso y’umugore mu mutwe birajagarara – Ubushakashatsi

Bumwe mu bushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu by’imitekerereze ya muntu bwagaragaje ko 90% karenga k’irari ry’abagabo riba ryagizwemo uruhare rukomeye n’abigitsina gore ndetse ko 95% by’abagore baba bifuza ko irari ry’abagabo ryazamuka mu gihe bababonye.

Bwagaragaje ko abagore benshi bakora uko bashoboye kugirango bakurure indoro y’abagabo, bityo babe bazamura irari ryabo, gusa bakabikora bumva ari ibisanzwe, rimwe umukobwa cyangwa umugore ati “ubuse iyi myenda ninyambara abantu barambo gute”.

Iyo avuze iryo jambo, mu buryo bwa gihanga ntabwo aba avuze abantu bose muri rusange, ahubwo aba avuze abagabo.

Aba bahanga bagaragaje ko bumwe mu buryo abagore vambaramo imyenda yabo ndetse n’uburyo iyo myenda iba iteye, biri mu bintu bikurura cyane abagabo.

Batanze urugero ku buryo abagore bambara utwenda tugufi, amapantaro abafashe cyane ku buryo yerekana ibice byose by’umubiri, ama sutiye azamura amabere n’ibindi.

Bavuga hari bumwe mu buryo bukurura abagabo cyane bukoreshwa n’abagore nubwo usanga kenshi bidasirimutse mu myambarire, ndetse ugasanga abenshi babyambara batabizi.

Ati “urugero naguha, iyo umugore yambaye ikariso ikishushanya ku kibuno cye, iyo umugabo abonye uriya muguno, biramuzonga mu mutwe, bituma atekereza cyane.

Ubu bushakashatsi kandi bwanagaragaje ko abagabo nabo bagira ibice bikurura abagore ndetse n’imyitwarire ikurura abagore.

Abagabo bo akenshi bakurura abagore bitewe n’uko imibiri yabo iteye ndetse n’impumuro yabo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *