Muri Tanzania habereye agashya! Inzuki zahagaritse umukino
Inzuki zinjiye mu kibuga zihagarika umukino mpuzamahanga wa gicuti waberaga muri Tanzania, wahuzaga City FC Abuja yo muri Nigeria na […]
Inzuki zinjiye mu kibuga zihagarika umukino mpuzamahanga wa gicuti waberaga muri Tanzania, wahuzaga City FC Abuja yo muri Nigeria na […]
Hashyizwe hanze amashusho agaragaza imirwano ikomeye irimo Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado, aho
Uko imiturirwa izamurwa ku bwinshi i Kigali ni na ko inkuru z’urukundo ziba zihuta kandi zigahindagurika kubi. Uyu munsi urahurira
Mu minsi yashize ubukwe bwa Shadadi ndetse na Bonete ni ubukwe bwabaye kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, ndetse hafi igihugu
Mu minsi iri imbere mu kirere cy’Umujyi wa Kigali hazaba hagaragara indege nto zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange buzwi
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyanza buremeza ko imbangukiragutabara (ambulance) yabyo yakoze impanuka itwaye abarwayi. Amakuru avuga ko iriya mbangukiragutabara y’ibitaro bya
Polisi ikorera muri Arusha mu Ntara ya Manyara muri Tanzania, iri gushakisha umupfumu ukurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri wigaga mu
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gusakara amashusho y’umukobwa uvuga ko yatewe inda n’umunyamakuru wa RBA, Reagan Rugaju, wari uherutse gufungwa mu
Nyuma y’iminsi micye gusa bamwe abanyamakuru mu banyamakuru b’imikino barimo Rugaju Reagan, Ishimwe Richard na Antha Biganiro barekuwe nyuma yo
Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi