Perezida Paul Kagame ashobora kwinjira mu bibazo bya FERWAFA kubera ibintu byabaye
Bamwe mu bari biyamamazanyije na Hunde Walter wifuzaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ariko agakuramo kandidatire ye kuri […]
Bamwe mu bari biyamamazanyije na Hunde Walter wifuzaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ariko agakuramo kandidatire ye kuri […]
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho yakoze ku mitima ya benshi, ndetse benshi bishimira igikorwa umupolisi wo mu muhanda yakoreye
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye mu Rwanda, haravugwa cyane ibaruwa yashyizweho umukono n’Umuyobozi wa C.L Gashonga TSS, Bwana Nambajimana Pie, yandikiwe
Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yafunguwe nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa
U Rwanda rwakiriye abarwanyi bane b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR babaga mu mashyamba yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubutaka mu Rwanda kigaragaza ko ubutaka bwanditse ku bagore gusa bihariye badafite abo babuhuriyeho ari 18,88% mu
Musanze habereye impanuka ikomeye imodoka igonga abantu batandatu bose bahita bakomereka. Abantu batandatu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye ku kiraro
Mu rukundo, abagabo benshi bibwira ko gushimisha umugore mu gitanda bishingira gusa ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko si ko bimeze.
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, yakuye Dr. Édouard Ngirente ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe
Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko ikipe ya Simba Sports Club yo muri iki gihugu ikomeje kwifuza myugariro Niyomugabo Jean