Uzajya uterwa agashinjye rimwe mu mezi 6! U Rwanda rwatangiye gushaka umuti mushya urinda SIDA
Mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 […]
Mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 […]
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje amavugurura mashya mu cyiciro cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kubahirizwa umwaka utaha w’amashuri
Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu Mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe
Umukino wa Super Cup wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC ukabera muri Sitade Amahoro wakuwemo kubera Abahamya ba Yehova.
Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko abakinnyi izatandukana na bo biganjemo abanyamahanga kuko benshi bari abo kuzuza umubare
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo wagerageje kuroga abantu bo mu rugo yakoragamo
Mu byo umunyamakuru w’Umufaransa, Romain Molina, avuga ko ari kumwe mu gusesagura amafaranga menshi ya leta mu bifitanye isano na
Umugabo w’imyaka 63 ukomoka mu Karere ka Karongi yafatiwe mu Karere ka Rusizi agerageza kwangiza ibendera ry’igihugu. Byabereye mu Mudugudu
Rayon Sports iri mu makipe abiri azahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika ya 2025/26, byongeye ikaba iri mu makipe akunzwe